Thursday, May 31, 2018

Dore amahirwe yagufasha gukora ingufu z’amashanyarazi ukaba wakwiteza imbere ubuzima bwawe bwose



Mu gihe isi ikomeza gutera imbere ninako hagenda hahangwa udushya dutandukanye tugamije gukemura ibibazo byugarije isi kandi ibi bigasaba kuba umuntu afite ubushake ndetse ashaka kuva ku rwego rumwe ajya ku rundi.

Ubu Ikigezweho muri iki n’ikijyanye no gushaka ibikorwabidahumanya ikirere cyangwa ntibibangamire ibidukikije.

Aha rero niho usanga abantu batandukanye byumwihariko urubyiruko ruri kugenda ruvumbura udushya dutandukanye ndetse ugasanga umubare munini bari kugenda bakira mu gihe gito nyamara wajyaga ubabona bagenda hirya no hino basaba akazi kugeza igihe umutwe wabo uberekera icyo bagomba gukora.

Aha rero ninaho uzasanga bamwe bagenda bunguka ubumenyi butandukanye bwo guhanga udushya bikazababeshaho ubuzima bwabo bwose.

Muri iyi nyandiko yacu twifuje kubasangiza amahirwe mwabyaza umusaruro aho mwakwiyungura ubumenyinyi mu gihe gito ukaba Wabasha kwiteza imbere ndetse bigateza imbere abawe.

Ese waba warigeze wifuza kwikorera? Waruziko Ushobora kuba umwe muhanga batanga ingufu z’amashanyarazi bifashishi utuntu duke tubakikije? Benshi bakeka ko ntawabasha gukora amashanyarazi ku giti cye bati N’ibyinganda.

Niba uzi ururimi rw’icyongerere Fata iyi formulaire hano ukurikize amabwirize ube wahabwa amahugurwa mu gihe gito ndetse uhabwe n’Ubushobozi butuma uba washobora gukora ingufu z’amashanyarazi wagurisha nawe ugakira.

Kanda Hano Utangire amasomo uhindure ubuzima bwawe n’abagukomokaho.

You can also get access to these advice in English here

No comments:

Post a Comment